Muraho mutange ibitekerezo kugirango dufatanye kubaka ''society'' nzima,ese mwe murabona hakorwa iki murakoze kandi cyane
papa, mama, ‘ ’IMANA KURINJYE’’ ushidikanya ko ari mana kurinjye ninde ngo muteribuye? igituma abana twang’isi n’uko imana yacu nk’ababyeyi badakunze kutuba hafi. iyo batugiye kure imyitwarire irahinduka. nakabuza, iyo ni yo mana ukeneye mbere y’uko ujya ahandi hose gushaka imana. wabashije guhuza na so na nyoko, ni hazagire ukubwira izindi. imana ibyo abazungu baduciye byo guterekera abazimu bacu, gusenga abacu ngo ababyo bakuyeho kirazira.
Comments
Post a Comment